Advertise your products Here Better Faster

Advert

AMAMAZA 150 X 250 bwira bose ibyo ukora VUBA !!!!

Latest News

Bugesera: Abarimu b’i Mareba bijeje Internet Society kubyaza umusaruro ubumenyi yabahaye

Abarimu bagera kuri 49 bigisha mu bigo by’amashuri abanza byo mu Murerenge wa Mareba mu karere ka Bugesera bahamya ko

Icyo wakora mu kwirinda kurumwa n’inzoka, n’icyo wakora mu gihe yakurumye

Yanditswe na Kwizera Samuel. Abahanga bagaragaza ko kuba inzoka yaruma umuntu bitari muri kamere yayo, ahubwo akenshi ngo ibikora yirwanaho

Umunyamakuru Byiringiro Jean Elysee yagannye iy’ubuhinzi mu mushinga yise “Avoka Iwawe”

Umushinga Avoka Iwawe, ni umushinga uje kunganira Leta gukemura ikibazo cy’ihenda rya Avoka ku isoko, kurwanya igwingira ry’abana, kurwanya indwara

Nyagatare yahize utundi turere mu kwesa imihigo

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente yagejeje ku bitabiriye Inama y’Igihugu y’Umushyikirano kuri uyu wa Kabiri ari na wo munsi wa

Nyabihu hagiye kubakwa irindi shuri ry’ikoranabuhanga ry’Amakode (RCA)

Yanditswe na Tuyishime Malachie. Ku bufatanye n’ikigo mpuzamahanga cy’ubufatanye cya Koreya (KOICA Korean Inyernational Cooperation Agency) RTB (Rwanda TVET Board)

NGOMA: HATANGIJWE ICYUMWERU CYAHARIWE KWITA KU BUZIMA BW’UMUBYEYI N’UMWANA

Kuri uyu wa mbere tariki 14 Ugushyingo 2022 Akarere ka Ngoma katangije icyumweru cyahariwe kwita ku buzima bw’umubyeyi n’umwana. Ni

Abarimu 10 bitwaye neza bahembwe moto ku munsi mpuzamahanga wa mwarimu

Yanditswe na Malachie Tuyishime. Kuri uyu wa 02 Ugushyingo 2022 hizihijwe umunsi mpuzamahanga wa mwarimu hahembwa abarimu 10 b’indashyikirwa bahabwa

IBITARO BIKURU BYA KIBUNGO MU BUKANGURAMBAGA BWO KUBONEZA URUBYARO

Ibitaro Bikuru bya Kibungo bibinyujije ku bigo nderabuzima bya Gashanda, Gasetsa na Rubona, ku nkunga ya Imbuto Foundation, byakoze ubukangurambaga

Abarimu 150 bo mu mashuri yishumbuye ya tekinike barangije amahugurwa kuri mudasobwa (ICDL) bahawe impamyabumeyi ku mugaragaro

Yanditswe na Tuyishime Malachie. Abarimu bo mu mashuri ya TVET bo mu turere dutanu basoje amasomo ya mudasobwa bahawe impamyabumenyi 

Tujyane Project yomoye ibikomere by’abagenerwabikorwa

Yanditswe na Habimana Jonathan. Bamwe mu bagenerwabikorwa ba Tujyane Project, bavuga ko gahunda ya Mvura nkuvure yagize uruhare runini mu

Abakora mu nzego z’ubuzima barashishikarizwa kugana MUGANGA SACCO ikabafasha kwiteza imbere

Yanditswe na Kwizera Samuel. Ubuyobozi bwa koperative Muganga Sacco busaba abari mu nzego z’ubuzima gukorana nayo, kugira ngo babashe kwiteza

Rusizi : kwishyiramo ko hari indwara zitavurirwa kwa muganga bituma bahirira abana ibyatsi

Yanditswe na Ndayisaba Jean de Dieu. Mu gihe inzego z’ubuzima zisaba ababyeyi kujya bihutira kujyana abana ku mavuriro mu gihe

Abayobozi b’amashuri yigisha tekiniki barakangurirwa kunoza imikorere kugirango ababyeyi bifuze
kuharerera

Yanditswe na Tuyishime Malachie. Mu nama yahuje abayobozi b’amashuri yose yigisha tekinike bo mu Rwanda yateguwe na RTB (Rwanda TVET

RTB (Rwanda TVET Board) yavuguruye porogaramu zigishwa mu mashuri yisumbuye ya tekiniki zijyana n’igihe n’isoko ry’umurimo

Mu rwego rwo gukomeza kugendana n’umuvuduko w’iterambere ry’ikoranabuhanga (technology), ku ruhando muzamahanga, ikigo cy’igihugu gishinzwe amashuri y’ubumenyingiro (Rwanda TVET Board)

Ubuzima

Videwo

Amamaza hano hamwe natwe ku giciro cyiza

Niba ushaka kugera ku bantu benshi kandi mu gihe gito ubabwira ibikorwa byawe,

Videos

Amamaza hano
150 X 250 bwira bose ibyo ukora VUBA !!!!