Football: Kiyovu Sports Club yabonye Umuyobozi wa tekinike (Directeur Technique)
Yanditswe na Adam Yannick Nshizirungu Hubert “Bebe” watwaye igikombe cya nyuma cya shampiyona Kiyovu Sports Club iheruka mu 1992 .Nshizirungu
Read MoreYanditswe na Adam Yannick Nshizirungu Hubert “Bebe” watwaye igikombe cya nyuma cya shampiyona Kiyovu Sports Club iheruka mu 1992 .Nshizirungu
Read MoreYanditswe na NDAYISABA Jean de Dieu. Ku bufatanye bw’urwego rw’ubugenzacyaha RIB n’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita kubimukira IOM abayobozi bo mu nzego z’ibanze mu murenge wa Bwishyura basobanuriwe ku ihohoterwarishingiye ku gitsina ndetse n’ibijyanye n’ishimishamubiri basabwa kujya babitangaho amakuru mu buryobwo kubihashya. Bamwe mu bitabiriye iki kiganiro babwiye pressbox kohari ibyo batari basobanukiwe bahungukiye cyanecyane ku miterere y’ihohoterwa rijyanyen’ishimishamubiri. Mukamana Esperance ati “Nari nzi ko ihohoterwarigarukira gusa ku gusambanya umuntu ku gahatocyangwa kumukubita ariko hari ibyo bavuzeby’ishimishamubiri numvaga ari ibintu biri aho gusaku buryo ntatekerezaga ko kuba umuntu yakora kuwundi ahantu runaka nabyo ari ihohoterwa”. Mutoniwase Sophie ushinzwe kurwanya ihohoterwarishingiye ku gitsina ndetse n’ibikorwa byose biganishaku ishimishamubiri mu ishami ry’umuryangow’abibumbye ryita ku bimukira riri gufatanya na RIB muri ubu bukangurambaga avuga ko basanze arimgombwa ko abayobozi bo asi mu midugudubasobanukirwa amoko atandukanye y’ihohoterwakugira ngo bajye bayatangaho amakuru. Ati “amahohoterwa ari mu moko menshi atandukanyeby’umwihariko iri hohoterwa rijyanyen’ishimishamubiri ryo ni ikindi kiciro kigendacyigaragaza mu masura atandukanye nko gushimaumuntu mu ntoki, gukorakora, yewe no kuba umuntuyakora ku kibuno cy’umuntu atabishaka ibyo byose niishimishamubiri kandi ni ihohoterwa”. Ntirenganya Jean Claude ushinzwe gukumira ibyahamu rwego rw’ubugenzacyaha RIB avuga koibimenyetso bimwe na bimwe cyangwa gukora ku bice bimwe na bimwe ku muntu mudahuje igitsina bigizeicyaha. Ati “ Ishimishamubiri ryose rikorewe umuntu kuko ariuw’igitsina runaka kandi akabikorerwa atabishakacyangwa kuko ari umwana byanga bikunda haba hariuburenganzira bw’uwo muntu bwahungungabanye. Iyo uburenganzira bw’umuntu bwahungabanyijwe akenshiuzanga harimo n’ibyaha bihanwa n’amategeko. Ese ubundi ujya gushima mu biganza umuntuw’igitsinagore wowe uri igitsinagabo kuki udashimamu biganza uw’igitsina gabo?”. Urwego rw’ubugenzacyaha RIB ruvuga ko ari gakerwakira ibirego by’ihohoterwa rishingiye kuishimishamubiri ikaba ari yo mpamvu hari gukorwaubukangura mbaga mu bayobozi bo mu nzego zibanzehagamijwe ko basobanukirwa ibyo byaha kugira ngobajye babitangaho amakuru bihashywe.
Read MoreYanditswe na Ndabateze Jean Bosco. Ni ibyagarutsweho kuri iki Cyumweru, tariki ya 1 Ukuboza 2024, ubwo u Rwanda rwifatanyaga n’Isi
Read MoreYanditswe na Adam Yannick Iyo shampiyona igiye gutangira abakunzi ba Ruhago mu Rwanda baba bibaza ngo umukino uzahuza Rayon na
Read MoreYanditswe na Adam Yannick Tariki 22 Ugushyingo 2024 nibwo Rwanda Premier League yongeye gusubukurwa nyuma y’uko yari yahageze kubera imikino
Read MoreItsinda ry’abakobwa bato b’Abanyarwanda hamwe n’abandi benshi baturuka muri Afurika bari hagati y’imyaka 18 na 22 bakomeje kujya mu Burusiya
Read MoreYanditswe na Adam Yannick Kuva tariki ya 1 kugeza tariki 3 Ugushyingo 2024 hatangiye shampiyona ya Volleyball yo ku mucanga
Read MoreYanditswe na NDABATEZE Jean Bosco. Indwara y’imidido ni imwe mu ndwara 8 zititabwaho mu Rwanda, ku buryo umuntu uyirwaye abyimba
Read MoreYanditswe na Adam Yannick Kiyovu Sports Club nubwo yahuye n’ibibazo byo kutagura abakinnyi ikomeje gushaka ubushobozi binyuze mu baterankunga. Tariki
Read MoreYanditswe na Adam Yannick Tariki 15 Ukwakira 2024 kuri Stade Amahoro niho habereye umukino wo kwishyura hagati 6’u Rwanda na
Read More