Advertise your products Here Better Faster

NUCIKWA N’IYI NZU NZIZA I MAYANGE-BUGESERA KURI 60M URABA UHOMBYE

Cypridio Habimana.

Iyi nzu iherereye i Mayange mu karere ka Bugesera mu ntara y’uburasirazuba bw’u Rwanda.
Iyi nzu yubatse mu kibanza gifite ubuso bwa metero kare 580 (580sqm), murabona ko hagutse bihagije.

IFITE IBYUMBA BINE(4) na Salon na salle à manger, douches eshatu(3) na toilette ebyiri(2), ifite igikoni hanze na annexe y’umukozi.
Iri bugufi na Paruwasi Gatolika ya Mayange.

AKARUSHO RERO: Mayange ni umurenge uteye imbere kuko uza inyuma ya Nyamata ho gato, kuva i Nyamata n’imodoka ugera i Mayange ni iminota umunani(8), byumvikane ko hari n’umubare munini w’Abantu bakorera i Kigali buri munsi bataha i Mayange.
Aha i Mayange ni mu marembo y’ikibuga cy’indege MPUZAMAHANGA, muri uyu murenge ni ho hari “IKIGO CYA GISIRIKARE CYA GAKO”, “IKIGO CY’ABAJEPE”, “IKIGO CYA ISCO”, “IKIGO CYA POLICE” INGANDA N’IBINDI BIGO BIKOMEYE.
Ku mafaranga milliyoni mirongo itandatu gusa(60,000,000frs) urayegukana.
HAMAGARA +250787089254/782156835/784101753

Pressbox Author

Pressbox Author

Pressbox news reporter

Leave a Replay

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

twandikire

ibaba copy

Design by Ibaba Creative Space