Abarimu bagera kuri 49 bigisha mu bigo by’amashuri abanza byo mu Murerenge wa Mareba mu karere ka Bugesera bahamya ko
Entreprenurship

Icyo wakora mu kwirinda kurumwa n’inzoka, n’icyo wakora mu gihe yakurumye
Yanditswe na Kwizera Samuel. Abahanga bagaragaza ko kuba inzoka yaruma umuntu bitari muri kamere yayo, ahubwo akenshi ngo ibikora yirwanaho

Umunyamakuru Byiringiro Jean Elysee yagannye iy’ubuhinzi mu mushinga yise “Avoka Iwawe”
Umushinga Avoka Iwawe, ni umushinga uje kunganira Leta gukemura ikibazo cy’ihenda rya Avoka ku isoko, kurwanya igwingira ry’abana, kurwanya indwara

Nyagatare yahize utundi turere mu kwesa imihigo
Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente yagejeje ku bitabiriye Inama y’Igihugu y’Umushyikirano kuri uyu wa Kabiri ari na wo munsi wa

Nyabihu hagiye kubakwa irindi shuri ry’ikoranabuhanga ry’Amakode (RCA)
Yanditswe na Tuyishime Malachie. Ku bufatanye n’ikigo mpuzamahanga cy’ubufatanye cya Koreya (KOICA Korean Inyernational Cooperation Agency) RTB (Rwanda TVET Board)

NGOMA: HATANGIJWE ICYUMWERU CYAHARIWE KWITA KU BUZIMA BW’UMUBYEYI N’UMWANA
Kuri uyu wa mbere tariki 14 Ugushyingo 2022 Akarere ka Ngoma katangije icyumweru cyahariwe kwita ku buzima bw’umubyeyi n’umwana. Ni