Entreprenurship

  

Bugesera: Abarimu b’i Mareba bijeje Internet Society kubyaza umusaruro ubumenyi yabahaye

Abarimu bagera kuri 49 bigisha mu bigo by’amashuri abanza byo mu Murerenge wa Mareba mu karere ka Bugesera bahamya ko

   

Icyo wakora mu kwirinda kurumwa n’inzoka, n’icyo wakora mu gihe yakurumye

Yanditswe na Kwizera Samuel. Abahanga bagaragaza ko kuba inzoka yaruma umuntu bitari muri kamere yayo, ahubwo akenshi ngo ibikora yirwanaho

   

Umunyamakuru Byiringiro Jean Elysee yagannye iy’ubuhinzi mu mushinga yise “Avoka Iwawe”

Umushinga Avoka Iwawe, ni umushinga uje kunganira Leta gukemura ikibazo cy’ihenda rya Avoka ku isoko, kurwanya igwingira ry’abana, kurwanya indwara

  

Nyagatare yahize utundi turere mu kwesa imihigo

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente yagejeje ku bitabiriye Inama y’Igihugu y’Umushyikirano kuri uyu wa Kabiri ari na wo munsi wa

  

Nyabihu hagiye kubakwa irindi shuri ry’ikoranabuhanga ry’Amakode (RCA)

Yanditswe na Tuyishime Malachie. Ku bufatanye n’ikigo mpuzamahanga cy’ubufatanye cya Koreya (KOICA Korean Inyernational Cooperation Agency) RTB (Rwanda TVET Board)

   

NGOMA: HATANGIJWE ICYUMWERU CYAHARIWE KWITA KU BUZIMA BW’UMUBYEYI N’UMWANA

Kuri uyu wa mbere tariki 14 Ugushyingo 2022 Akarere ka Ngoma katangije icyumweru cyahariwe kwita ku buzima bw’umubyeyi n’umwana. Ni

Get Social