Ibyaranze icyumweru cy’ubuvuzi ku bufatanye n’ingabo
Kuri uyu wa 03 Nyakanga 2025 ku bitaro Bikuru bya Kibungo Minisitiri w’Ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana ari kumwe n’umunyamabanga Mukuru
Read MoreKuri uyu wa 03 Nyakanga 2025 ku bitaro Bikuru bya Kibungo Minisitiri w’Ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana ari kumwe n’umunyamabanga Mukuru
Read MoreBy Cypridion Habimana Mu murenge wa Kibirizi, Akagali ka Mbuye, ni ho hatangirijwe icyumweru cyahariwe kwita ku buzima bw’umubyeyi n’umwana
Read MoreYanditswe na NDAYISABA Jean de Dieu. Ku bufatanye bw’urwego rw’ubugenzacyaha RIB n’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita kubimukira IOM abayobozi bo mu nzego z’ibanze mu murenge wa Bwishyura basobanuriwe ku ihohoterwarishingiye ku gitsina ndetse n’ibijyanye n’ishimishamubiri basabwa kujya babitangaho amakuru mu buryobwo kubihashya. Bamwe mu bitabiriye iki kiganiro babwiye pressbox kohari ibyo batari basobanukiwe bahungukiye cyanecyane ku miterere y’ihohoterwa rijyanyen’ishimishamubiri. Mukamana Esperance ati “Nari nzi ko ihohoterwarigarukira gusa ku gusambanya umuntu ku gahatocyangwa kumukubita ariko hari ibyo bavuzeby’ishimishamubiri numvaga ari ibintu biri aho gusaku buryo ntatekerezaga ko kuba umuntu yakora kuwundi ahantu runaka nabyo ari ihohoterwa”. Mutoniwase Sophie ushinzwe kurwanya ihohoterwarishingiye ku gitsina ndetse n’ibikorwa byose biganishaku ishimishamubiri mu ishami ry’umuryangow’abibumbye ryita ku bimukira riri gufatanya na RIB muri ubu bukangurambaga avuga ko basanze arimgombwa ko abayobozi bo asi mu midugudubasobanukirwa amoko atandukanye y’ihohoterwakugira ngo bajye bayatangaho amakuru. Ati “amahohoterwa ari mu moko menshi atandukanyeby’umwihariko iri hohoterwa rijyanyen’ishimishamubiri ryo ni ikindi kiciro kigendacyigaragaza mu masura atandukanye nko gushimaumuntu mu ntoki, gukorakora, yewe no kuba umuntuyakora ku kibuno cy’umuntu atabishaka ibyo byose niishimishamubiri kandi ni ihohoterwa”. Ntirenganya Jean Claude ushinzwe gukumira ibyahamu rwego rw’ubugenzacyaha RIB avuga koibimenyetso bimwe na bimwe cyangwa gukora ku bice bimwe na bimwe ku muntu mudahuje igitsina bigizeicyaha. Ati “ Ishimishamubiri ryose rikorewe umuntu kuko ariuw’igitsina runaka kandi akabikorerwa atabishakacyangwa kuko ari umwana byanga bikunda haba hariuburenganzira bw’uwo muntu bwahungungabanye. Iyo uburenganzira bw’umuntu bwahungabanyijwe akenshiuzanga harimo n’ibyaha bihanwa n’amategeko. Ese ubundi ujya gushima mu biganza umuntuw’igitsinagore wowe uri igitsinagabo kuki udashimamu biganza uw’igitsina gabo?”. Urwego rw’ubugenzacyaha RIB ruvuga ko ari gakerwakira ibirego by’ihohoterwa rishingiye kuishimishamubiri ikaba ari yo mpamvu hari gukorwaubukangura mbaga mu bayobozi bo mu nzego zibanzehagamijwe ko basobanukirwa ibyo byaha kugira ngobajye babitangaho amakuru bihashywe.
Read MoreYanditswe na Ndabateze Jean Bosco. Ni ibyagarutsweho kuri iki Cyumweru, tariki ya 1 Ukuboza 2024, ubwo u Rwanda rwifatanyaga n’Isi
Read MoreBy Cypridion Habimana Abanyeshuli, abarwariye mu bitaro, abakozi bo mu biro n’abandi baturage bo mu mujyi wa Bunia bakomeje kwitotombera
Read MoreYanditswe na NDABATEZE Jean Bosco. Indwara y’imidido ni imwe mu ndwara 8 zititabwaho mu Rwanda, ku buryo umuntu uyirwaye abyimba
Read MoreYanditswe na Ndabateze Jean Bosco. Kuri uyu wa 08/10/2024 mu Mirenge y’Akarere hateraniye inteko rusange z’abaturage. Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe
Read MoreBy Cypridion Habimana Binyuze mu kiganiro “Ijwi ry’Umurwayi” gihuza abatanga serivisi mu bitaro n’abazihabwa aribo barwayi, abarwaza n’abagana ibitaro bashaka
Read MoreBy Cypridion Habimana *Abakozi bashinzwe imirire mu bigo nderabuzima bigize akarere ka Nyanza basabwe gukorana imbaraga n’umurava akazi bashinzwe, mu
Read MoreBy Ndabateze Jean Bosco Kanseri y’inkondo y’umura itangirira mu ngirabuzimafatizo zikurikira inkondo y’umura, igice cyo hepfo ya nyababyeyi (inda). Inkondo
Read More